Amakuru
Over 800 graduates from the University of Tourism, Technology and Business studies (UTB) were remembered to be the role models in implementing the acquired...
Hi, what are you looking for?
Over 800 graduates from the University of Tourism, Technology and Business studies (UTB) were remembered to be the role models in implementing the acquired...
Hashize amezi asaga arindwi, Umunyamakuru Ndabarasa Jean Marie Vianney (umenyerewe ku izina rya John), wakoreraga Radio Sana, akaba n’Umwanditsi Mukuru wayo, yongeye kugaragara mu...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (RMC: Rwanda Media Commission) rwasuye abanyamakuru Mugabushaka Jeanne de Chantal (Eminante) na Shyaka...
Uwamahoro Violette Umunyarwandakazi ufite Ubwenegihugu bw’u Bwongereza, yafashwe na Polisi y’u Rwanda, bivugwa ko akekwaho uruhare mu bugizi bwa nabi afatanyije n’agatsiko k’abandi bantu...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ubwo yasozaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, yabwiye abayobozi bamaze iminsi muri uyu mwiherero ko kuzuza inshingano zabo...
Ifu y’igikoma yiswe “Shisha Kibondo” ikungahaye ku ntungamubiri ni yo Leta yatangiye guha abagore batwite bari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe, hamwe n’abana kuva...
Ubuyobozi bw’ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD) bwasabye abayoboke baryo gushyira imbere umurimo mu gusigasira gahunda ya Ndi Umunyarwanda no kuba umunyafurika nyawe....
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku Cyumweru tariki ya 26 Gashyantare 2017, yakiriye umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’ Umupira w’Amaguru ku Isi Gianni Infantino....
The FIFA President Gianni Infantino relayed basis stone the FERWAFA Hotel which is to boost the growth of the game as well as create...
Ku wa gatandatu no ku cyumweru tariki ya 25-26/02/2017 Shampiyona ya Rugby yarakomeje ku munsi wayo wa gatatu amakipe akaba yarahuye ku buryo bukurikira:...
Ku wa gatandatu tariki ya 25 Gashyantare 2017, umuganda usoza ukwezi, abaturage bakoze umuhanda wari warangiritse kubera amazi ibinyabiziga bimaze kunanirwa kunyuramo, ubu wabaye...
Abanyagatsibo bakorera hanze y’imbibi z’akarere bibumbiye mu Ihuriro ry’abavandimwe “Brothers and Sisters Community” barakusanya inkunga hagati yabo yo gufasha abaturage batishoboye bo mu karere...
Evode Imena wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umutungo kamere, kuri uyu wa 15 Gashyantare 2016 we n’abo baregwa mu rubanza rumwe, bagejejwe...
Abadozi n’abanyamideri bateza imbere umwambaro w’igitenge barategura imurikagurisha n’igitaramo bizarangwa n’umwambaro w’igitenge. Muri Car Free Zone mu Mujyi wa Kigali ku wa 18 Gashyantare...
Ruswa ni imwe mu nzira zituma abaturage barengana, bidindiza ubukungu bw’igihugu muri rusange. Ibi byagarutsweho na Perezida w’urukiko rw’ikirenga Prof. Sam Rugege ubwo hasozwaga...