Umutekano
Huye: Polisi yasabye abakorera mu ibagiro rya Matyazo gukaza ingamba zo kurwanya ubujura bw’amatungo
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ibikorwa byo kwegera abaturage hagamijwe gukumira ibyaha, aho kuri uyu wa 27 Gicurasi 2026 yaganirije abakorera...






















































































































































































