Akarere
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari yari itegerejwe hakoreshejwe ikoranabuhanga yabaye ku wa Gatatu tariki ya 07 Ukwakira 2020. Ni inama yitabiriwe...
Hi, what are you looking for?
Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari yari itegerejwe hakoreshejwe ikoranabuhanga yabaye ku wa Gatatu tariki ya 07 Ukwakira 2020. Ni inama yitabiriwe...
Perezida wa Repubulika, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yageze ku wa mbere Ukwakira 5 i Goma mu majyaruguru ya Kivu. Serivisi ishinzwe itumanaho rya perezida...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere_Meteo Rwanda cyatangaje ko iteganyagihe ry’aya mezi (hagati ya Nzeri na Ukuboza, 2020) ryerekana imvura iri munsi y’isanzwe iboneka mu...
Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yemeje guha ikibazna Jari Investment Ltd. muri Gashyantare 2020; ikubaka Gare ya kijyambere izakemura ikibazo cy’iterambere ry’ubwikorezi, Imirimo itegura...
Charles Ndereyehe, Umunyarwanda utuye mu Buholandi ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa kabiri ni mugoroba yatawe muri yombi na...
Impunzi z’Abarundi 471 babaga mu Rwanda, zatahutse mu gihugu cyabo (Burundi) ku wa 28 Kanama 2020 binjiriye ku mupaka wa Nemba mu Karere ka...
Ikigo Nyarwanda giharanira uburenganzira no guteza imbere ubuzima, HDI, cyagiranye ibiganiro n’abakobwa batwaye inda imburagihe bo mu Karere ka Muhanga. Basobanurirwaga ibyo amategeko ateganya...
Ku nshuro ya mbere kuva icyorezo cya Coronavirus kigeze mu Rwanda, abantu babiri bishwe nacyo mu munsi umwe, bituma umubare w’abo kimaze guhitana...
Mu gitondo cyo ku itariki 13 Kamana, mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu; mu rugo rw’umuturage hafatiwe inzoga...
Nk’akamenyero, buri mwaka Abanyarwanda benshi baba bategereje imvura mu kwezi kwa Kanama. Ni igihe mu Rwanda impeshyi iba iri kugana ku kurangira ubusanzwe, abakristu...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, bavuga ko baterwa isoni no kugura udukingirizo aho abandi bababona. Ibi bikaba...
Daniel Toroitich Arap Moi wabaye Perezida wa Kenya igihe k’imyaka 24 yatabarutse afite imyaka 95. Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta ni we watangaje ko...
Umuryango udaharanira inyungu usanzwe ukora ibikorwa by’ubugiraneza birimo gufasha abatishoboye ugiye gushinga ikigo cy’ishuri kitezweho kuzamura ireme ry’uburezi. Rever’s Promise watangijwe mu Rwanda mu...
Abo mu miryango ya Sendegeya Théogene na Magezi Emmanuel bavuga ko abo bagabo babuze nyuma yo gufatwa n’abasirikare ba Uganda ku birindiro by’ingabo z’icyo...
Igihugu cy’u Bufaransa kibicishije kuri minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wacyo Jean Yves le Drian kuri uyu wa kane cyatangaje ko ibyavuye mu matora ya Perezida...