Amakuru
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Hi, what are you looking for?
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guhera muri Nzeri 2026, abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bazatangira gukorera ibizamini muri gahunda nshya yashyizweho hagamijwe kunoza imyigishirize no kongera ubuziranenge mu...
Mu rwego rwo gukomeza kurwanya ubujura bw’amatungo, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yafashe abantu batatu bakekwaho kwiba inka zirindwi mu Karere ka Nyanza,...
Mu rwego rwo gufasha abagore gufata ibyemezo bishingiye ku makuru yizewe, hasohotse igitabo gishya cyiswe Mama Guide, cyanditswe n’inzobere mu by’ubuzima hagamijwe gusubiza ibibazo...
Panorama Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu -REG, igaragaza ko izakomeza kwesa imihigo yihaye mu kugeza amashanyarazi yizewe kandi adacikagurika ku Banyarwanda bose muri rusange....
The writer is Mr. Mugabe Grace Mulisa, University Lecturer, Environmental Communicator, and Researcher, Great Lakes Region Environmental preservation is no longer an option; it...
Our Reporter The Rwanda Energy Group (REG) has reaffirmed its commitment to achieving its targets of providing reliable and uninterrupted electricity to all Rwandans....
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Consolée Uwimana, agaragaza ko ikibazo cy’abana basambanywa bagaterwa inda gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye bibangamiye imibereho n’iterambere ry’abana mu...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...
Mu rwego rwo gushimangira ituze n’iterambere ry’imiryango, abantu 21 bo mu Karere ka Kamonyi bashyize umubano wabo mu buryo bwemewe n’amategeko, mu gihe abandi...
Abaturage bo mu Karere ka Huye, by’umwihariko urubyiruko, batangiye kuryoherwa n’ibirori bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026 binyuze muri siporo rusange ya nijoro izwi...
Abapolisi 38 baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda basabwe gukomeza kwagura ubumenyi no guhangana n’ibibazo...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe benshi bakomeje gukurikira uko amakipe atandukanye yitwara mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, abakunzi b’imyidagaduro bo bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa byinshi...