Hi, what are you looking for?
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ibikorwa byo kwegera abaturage hagamijwe kubashishikariza kugira uruhare rufatika mu kubungabunga umutekano no gukumira ibyaha mbere...
Mu mpera z’iki cyumweru, abakunzi b’imyidagaduro bazaba bafite amahitamo menshi y’ibikorwa byo kwidagadura, haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, mu gihe abahanzi batandukanye...
Panorama Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma ku wa 10 Kamena 2026, ashyiraho abayobozi bashya muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, iy’Ubucuruzi n’Inganda n’iy’Abakozi ba Leta...
Abanyamahanga umunani bigaga muri Kaminuza ya INES Ruhengeri mu Karere ka Musanze basubijwe mu bihugu bakomokamo nyuma yo kugaragara mu bikorwa by’urugomo byari bimaze...
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje amabwiriza mashya agena uko abitabira iburanisha ry’imanza bagomba kwitwara mu gihe urubanza ruburanishwa hifashishijwe ikoranabuhanga. Aya mabwiriza ashyizweho mu rwego rwo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
UMUBYEYI Nadine Evelyne Mu rubanza rwatangiye mu bujurire mu rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises de Paris) mu Bufaransa, Dr. Rwamucyo Eugène ahawe umwanya ngo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko muri Gicurasi 2026 ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka ku rwego rw’igihugu, aho byiyongereyeho 12,3% ugereranyije n’ukwezi kwa...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje gahunda nshya igamije kongera umusaruro w’isukari ikorerwa imbere mu gihugu, hagamijwe kugabanya amafaranga menshi igihugu gikoresha kiyitumiza mu mahanga no...
Abafatanyabikorwa bagize Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere ka Muhanga (JADF) batangiye imurikabikorwa rizamara iminsi ine, mu gikorwa cyafunguwe ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri...
Panorama Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umwe mu myanzuro yafatiwemo ni uwo gushyiraho Ikigo...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC), Karim Khan, yahagaritswe by’agateganyo ku mirimo ye mu gihe hakomeje gusuzumwa ibirego bikomeye bimushinja ihohotera rishingiye ku gitsina....
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yahaye inshingano zikomeye Gaby Kasongo uherutse kugirwa Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Ituri, amusaba...