Ibidukikije
Ku mahuriro y’akagezi ka Gasesa na Secoko ni urugero rufatika ku ruhare rw’ibikorerwa ku butaka mu kwanduza amazi atemba. Iyi imigezi yose yakoreweho imishinga...
Hi, what are you looking for?
Ku mahuriro y’akagezi ka Gasesa na Secoko ni urugero rufatika ku ruhare rw’ibikorerwa ku butaka mu kwanduza amazi atemba. Iyi imigezi yose yakoreweho imishinga...
Ahitwa ku Mukoni mu Karere ka Huye imyaka isaga irindwi huzuye uruganda rwa kijyambere rw’amatafari ahiye ariko ngo iyi myaka yose ruyimaze rukora nabi...
Abafite ibisigisi bya COVID-19 barasaba ko bashyirirwaho uburyo bwihariye bwo kubakurukirana kandi bakaba bakoherezwa mu buvuzi. Ibi barabivuga mu gihe Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita...
Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Kamena 2023, Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ba Komisiyo y’imibereho myiza mu Mujyi wa Kigali, bakoreye umuganda udasanzwe wo...
Ntibisanzwe ko igitaramo gikomeye kiba ku manywa, ariko igicamunsi n’umugoroba byo ku wa 19 Kanama 2023 muri BK Arena hari igitaramo gikomeye cyahuje abahanzi...
Ku wa gatandatu tariki ya 19 Kanama 2023, i Nyamirambo kuri Kigali Pele Stadium guhera ssa cyenda n’igice z’igicamunsi, ikipe APR FC yakiriye ikipe...
Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye baravuga ko ibimaze kugerwaho mu myaka 6 ya manda 2017-2024 n’uburyo igihugu cyabashije kwigobotora ibibazo bitandukanye birimo n’ibyo ku rwego mpuzamahanga,...
Lesotho, 28th August 2023 –Lesotho is set to host the inaugural Lesotho Institutional Investors Forum 2023 in September. Under the theme “Rethinking Investment Returns...
Chorale Ijuru ikorera umurimo w’iyogezabutuma kuri Paruwasi Katederari ya Butare imaze kuba ubukombe mu kuririmba indirimbo zitandukanye yateguriye abakunzi bayo n’abakunzi b’umuziki wa Classic...
Kaminuza yigenga y’Abaporotesitanti, PIASS (Protestant Institute of Arts and Social Sciences), iherereye mu karere ka Huye, ku wa 8 Kanama 2023, yizihije isabukuru y’inyabutatu...
Abaturage bagize ingo zisaga 2500 mu Karere ka Burera barishyuza ingurane z’ibyangijwe ubwo bakwirakwizaga imiyoboro y’amashanyarazi, ubu bamaba bamaze imyaka 5 basiragira mu buyobozi...
Abamotari bakorera mu Mujyi wa Kigali babumbiwe mu makoperative atanu harimo abiri mu karere ka Gasabo n’aka Nyarugenge, na ho aka Kicukiro gahabwa koperative...
Nta bwumvikane ku ngingo z’ingenzi, harimo gukumira ibyuka bihumanya ikirere ndetse no kongera ingufu z’amashanyarazi, nubwo ubushyuhe bukomeje kwiyongera ku Isi hose. Nk’uko Al...