Amakuru
Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko amatora y’abasenateri muri manda 2019-2024 yitabiriwe ku kigero cya 94 kw’ijana. Aba basenateri batowe hakurikijwe manda nshya yanditse mw’Itegeko...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko amatora y’abasenateri muri manda 2019-2024 yitabiriwe ku kigero cya 94 kw’ijana. Aba basenateri batowe hakurikijwe manda nshya yanditse mw’Itegeko...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2019, Depite Kanyamashuri Kabeya Janvier wari umwe mu badepite bageze mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’Umuryango...
Kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16...
None ku wa Mbere, tariki ya 28 Mutarama 2019, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Paul KAGAME, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Inama...
None ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yifurije ikaze...
Abantu basaga magana inani (800) kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, baritabira Inama Nkuru ya kabiri y’Umuryango Uharanira Kwigira no Kwihesha Agaciro...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...
Ku rutonde rw’agateganyo rw’abakandida Depite ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije ari yo PDI, PDC, UDPR, PPC, PSP, PSR biyemeje gufatanya mu...
Komisiyo y’Igihugu y’amatora, ku wa 30 Nyakanga 2018, ubwo yatangazaga abakandida depite bemewe by’agateganyo, byagaragaye ko mu cyiciro cy’abafite ubumuga ariho honyine abiyamamaje bose...
Mu murenge wa Nyange w’Akarere ka Ngororero, abaturage mirongo itandatu na bane barifotoje ariko ntibabona Indangamuntu. Muri bo harimo n’abatagaragara kuri lisiti y’itora, bakaba...
The Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) has submitted to the National Electoral Commission (NEC) a list of 34 parliamentary candidates, which includes 16...
Kuba abagore bagira inshingano nyinshi zo kwita ku rugo ni zimwe mu mpamvu zituma bamwe mu bagabo batuye mu murenge wa Zaza mu karere ka...
Panorama Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu (PL), ryashyize ahagaragara urutonde rw’agateganyo rw’abakandida depite, bazavamo abazarihagararira mu nteko ishinga amategeko. Urwo rutonde ruyobowe...