Amakuru
Urubyiruko rurenga ibihumbi 20; harimo ururi mu mashuri n’urundi rukora ibikorwa bitandukanye, rwiyemeje kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu ndetse rukaba no ku...
Hi, what are you looking for?
Urubyiruko rurenga ibihumbi 20; harimo ururi mu mashuri n’urundi rukora ibikorwa bitandukanye, rwiyemeje kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu ndetse rukaba no ku...
Ingeri Arts nk’umuryango uharanira guteza imbere ubugeni n’ubuhanzi cyanecyane mu bana n’urubyiruko, iri gutegura iserukiramuco ryiswe “DISPLAY ARTS FESTIVAL” rigiye kuba ku nshuro ya kabiri...
Umuhanzi Loti Bizimana ni mwene Samsoni Karera na Mukandebe Aloysie bo mu Nyantango, ubu ni mu murenge wa Murambi mu karere ka Karongi. Abanyamadini...
Inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubuzima mu karere ka Kirehe zitangaza ko kwegera no kuganiriza abakora uburaya ku byerekeranye no kwirinda SIDA bakoresha agakingirizo,...
Hashize igihe gito abaganga b’inzobere mu kubaga no kuvura kanseri zo mu mutwe basuye u Rwanda ngo basuzume indwara zimwe zananiranye, bityo bagire inama...
Mu nama ngarukamwaka ihuza abari mw’ishyirahamwe ry’abarimu bigisha ururimi rw’icyongereza mu Rwanda (ATER), uyu mwaka yateraniye mw’ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ku wa...
Nk’uko abanyarwanda bari mu minsi ijana yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Abarezi ndetse n’abanyeshuri b’ishuri ry’Urwunge rw’amashuri Camp Kanombe basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa...
Kudatatira igihango binyuze mu ndahiro “Ndi Umunyarwanda kandi nzabiharanira” ni igihango abanyeshuri ba APER Nyandungu bagize hagati yabo nyuma yo guhabwa ikiganiro kuri gahunda...
Inkoramutima, ni itsinda rigizwe n’abagabo, abagore n’urubyiruko bahujwe na rumwe mu mbuga nkoranyambaga (Whatsapp). Amateka asobanura Jenoside yakorewe Abatutsi babonye kandi baniyumviye ku rwibutso...
Ni ku rwego rw’Akagari, ku wa 2 Kamena 2018, inteko itora mu muryango FPR Inkotanyi yateranye. Abayitabiriye batangiye gusobanurirwa amategeko agenga amatora y’abazatorwamo abazajya...
Impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu (CLADHO), isanga amafaranga agenerwa abana ashyirwa mu ngengo y’imari ya Leta akiri make cyane, akaba ariyo ntandaro y’ibibazo by’abo...
Umunyamabanga Nshingabikorwa wa Komisiyo y’amatora, Munyaneza Charles, atangaza ko gukoresha abakorerabushake mu matora no kubika neza bimwe mu bikoresho byifashishwa mu matora, byatumye ingengo...
Mu Rukiko rw’ubujurire rw’i Paris, mu gihugu cy’Ubufaransa, iburanisha rigeze ku batangabuhamya ku bwicanyi bwo ku Kiliziya cya Kabarondo, ahiciwe abatutsi barenga 2000 bari...
Mu karere ka Karongi barishimira ko bazamuye imyumvire ku ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo babikesheje inyigisho bahawe n’umuryango nyarwanda utari uwa Leta uharanira...
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu n’amazi muri Minisiteri y’ibikorwaremezo (MINIFRA), Kamayirese Germaine, aravuga ko bitumvikana ndetse bitanakwiye ko nyuma y’imyaka 24 Jenoside yakorewe Abatutsi...