Amakuru
Abagore bahagarariye abandi mu makoperative atandukanye kurwego rw’Intara y’Iburasirazuba barasabwa gufata iya mbere bakarwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango, kuko ingaruka aribo zigeraho cyane. Mu...
Hi, what are you looking for?
Abagore bahagarariye abandi mu makoperative atandukanye kurwego rw’Intara y’Iburasirazuba barasabwa gufata iya mbere bakarwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango, kuko ingaruka aribo zigeraho cyane. Mu...
Ku itariki ya 13 Kanama 2018, mu karere ka Nyagatare hateraniye inama y’umutekano yaguye yitabiriwe n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama y’akarere, abahagarariye abikorera...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko umutekano wifashe neza mu gihugu hose, ikanizeza abaturarwanda gukomeza kuwubungabunga no muri iki gihe igihugu cyinjiye mu bihe by’amatora y’abadepite;...
Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa...
Polisi ikorera mu karere ka Ngororero, ku itariki ya 07 Kanama uyu mwaka, mu masaha y’igicamunsi yafashe moto bikekwako yari injurano biturutse ku makuru...
None ku wa Gatatu, tariki ya 08 Kanama 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...
Mu rwego rwo guhuza hamwe icyerekezo kimwe ku mihigo, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwahuriye hamwe n’ibyiciro bitandukanye birimo abanyamabanga Nshingwabikorwa,abayobozi n’amashami ku rwego rw’Akarere...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
Kuruhuka no kwidagadura ni bimwe mu bigize ubuzima bw’umuntu mu gihe ashoje akazi yari arimo; ariko buri wese aba yifuza kuruhukira cyangwa kwidagadurira aho...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ku wa 6 Kanama 2018, mu bakandida bigenga, bane ni bo bemejwe ni Ntibanyendera Elissam Salim, Sebagenzi Ally Hussein, Mpayimana...
Nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’igihugu y’amatora ku wa 6 Kanama 2018, abakandida 302 bahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’imitwe ya Politiki. Umuryango...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Kanama 2018, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashyize hanze urutonde ndakuka rw’abahatanira kujya mu nteko ishinga amategeko. Mu bakandida...
Ku wa 06 Kanama 2018, Urwego rw’ubugenzacyaha bw’u Rwanda (RIB), bwagaragaje umusore w’imyaka 19 y’amavuko, ushinjwa ubutekamutwe bwifashishije ikoranabuhanga akaba yiyemerera ko yagiye yinjira...
Ikigo k’igihugu cy’Ubuziranenge (RSB: Rwanda Standard Board) cyamaze guhagarika ikoreshwa ry’impapuro zamaze gukoreshwa mu gupfunyika ibiribwa bihabwa abaguzi. Ikoreshwa ry’impapuro zakoreshejwe zirimo impapuro zo...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kamonyi yafashe uwitwa Hakizimana Edgard nyuma yo kumusangana iwe mu rugo imiti y’amatungo n’ibikoresho yakoreshanga mu kuvura amatungo...