Amakuru
Abacuruzi babiri, umwe wo mu karere ka Rubavu n’undi wo mu karere ka Rusizi, ku itari ya 13 n’iya 14 Ukwakira, bafatanywe magendu ya...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’uko Ingabo za RPA Inkotanyi zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi zikanabohora igihugu ku wa 4 Nyakanga 1994, FPR Inkotanyi yafashe icyemezo cyo gusaranganya ubutegetsi...
Abacuruzi babiri, umwe wo mu karere ka Rubavu n’undi wo mu karere ka Rusizi, ku itari ya 13 n’iya 14 Ukwakira, bafatanywe magendu ya...
Urubyiruko rwibumbiye mu muryango nyarwanda utegamiye kuri Leta uhuza urubyiruko rutanga imbaraga mu kwesa imihigo y’uturere (YURI: Youth Unit Rwanda Imihigo), mu karere ka...
Mu karere ka Nyamasheke, Intara y’Iburengerazuba bashyizeho uburyo bwihariye bwo kurwanya ihohoterwa cyane cyane irishingiye ku gitsina hakoreshejwe “Kubyarana muri batisimu”. Ni nyuma y’uko...
Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Kansi mu karere ka Gisagara, Intara y’Amajyepfo, bavuga ko uburyo bwo gusezerana ivangamutungo rusange, butuma abagabo babo...
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize...
Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwa Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda ni uko abakuru b’ibihugu n’abazaguverinoma bateraniye mu nama ya 17 y’Umuryango w’ibihugu bikoresha...
Mu nama y’umutekano yaguye y’akarere ka Rutsiro yateranye ku wa 09 Ukwakira 2018, abayobozi basabwe kongera ubufatanye n’abaturage, mu rwego rwo kurushaho kwicungira umutekano,...
Hirya no hino mu gihugu Polisi y’u Rwanda imaze iminsi iri mu bikorwa byo kurwanya abantu bambutsa ibicuruzwa bakabyinjiza mu gihugu bidasoze. Ni muri...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Kagano, mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku mutungo aho abagabo bacunga umutungo w’urugo ...
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Bugarama, mu karere ka Rusizi, baravuga ko amafaranga bakura mu buhinzi bw’umuceri n’inyanya bakorera mu kibaya cya...
Polisi y’u Rwanda k’ubufatanye n’abaturage ndetse n’abayobozi mu nzego z’ibanze, bakomeje ibikorwa byo kurwanya inzoga zitemewe hirya no hino mu gihugu, by’umwihariko mu ntara...
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mimuri, mu murenge wa Mimuri mu karere ka Nyagatare, hafungiye abagabo babiri bakurikiranywe gushaka guha ruswa abapolisi, mu gihe...
Inama yahuje ubuyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda n’abayobozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano, ku wa 25 Nzeri 2018, yanzuye ko ibi bigo bigomba gukora...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu, rwasabwe guhuriza hamwe imbaraga zabafasha kubyaza umusaruro amahirwe rwahawe rukishakamo ibisubizo bigamije gukemura ibibazo igihugu gifite. Nyuma y’umuganda...
Iyi gahunda y’umujyanama mu baturage izajya iba inshuro imwe mu gihembwe ni imwe mu ngamba nshya akarere ka Ngoma kafashe mu kwihutisha iterambere no...