Amakuru
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge Polisi yakoze ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gatsibo, hafatiwemo ibiyobyabwenge biri mu makarito 109 y’inzoga zikomoka mu...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’uko Ingabo za RPA Inkotanyi zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi zikanabohora igihugu ku wa 4 Nyakanga 1994, FPR Inkotanyi yafashe icyemezo cyo gusaranganya ubutegetsi...
Mu bikorwa byo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge Polisi yakoze ku bufatanye n’abaturage mu karere ka Gatsibo, hafatiwemo ibiyobyabwenge biri mu makarito 109 y’inzoga zikomoka mu...
Abantu basaga magana inani (800) kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nzeri 2018, baritabira Inama Nkuru ya kabiri y’Umuryango Uharanira Kwigira no Kwihesha Agaciro...
Abamugariye ku rugamba batuye mu mudugudu wa Rugende, Akagari ka Ruhanga, Umurenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo, batanga ubuhamya bavuga ko hari aho...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo ku bufatanye n’umuryango nyarwanda w’urubyiruko rw’abakorerabushe mu gukumira no kurwanya ibyaha(RYVCP) ku wa 16 Nzeri batangije igikorwa...
Ibikorwa byo kurwanya abakora bakanacuruza inzoga zitemewe birakomeje, aho hirya no hino mu ntara y’ Iburasirazuba habereye ibikorwa byo kumena izo nzoga no gutwika...
CSP Hubert Gashagaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru, muri iki gitondo cyo ku wa 18 Nzeri 2018, hasakaye inkuru ko yitabye Imana bivugwa ko yishwe,...
Binyuze muri UNIK Association, hitezwe imbaraga zo kuzamura ubushobozi ndetse n’ireme ry’uburezi muri Kaminuza ya Kibungo –UNIK, abayizemo ndetse n’abakozi bahabwa umwanya wo kuba...
From 17 to 19 September 2018, Kigali provides the setting for the Commonwealth Local Government Forum’s (CLGF) 37th Board meeting and the Commonwealth Sustainable...
Abakobwa bo mu murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo, bahitamo guhishira ababatera inda kugira ngo badahomba indezo. Aba bakobwa bemeza ko aho kugira ngo...
None ku wa Gatanu, tariki ya 14 Nzeri 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama y’Abaminisitiri yemeje...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA) bwasabye ko kubungabunga akayunguruzo k’imirasire y’izuba byagirwamo uruhare na buri wese mu rwego rwo gushyigikira iterambere rirambye...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gakenke ifatanyije n’akarere ka Gakenke n’abafatanyanyabikorwa bako, ku wa 11...
Ku wa 11 Nzeri 2018, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru basuye inteko z’abaturage bo mu mirenge...
Urubyiruko ni imbaraga z’igihugu. Ni muri urwo rwego rusabwa ko nta byaha bikwiye gukorwa barebera kandi bagafatanya n’abandi kwishakamo ibisubizo aho guhora bateze ko...
Abatwara abagenzi ku mapikipiki, abamotari, bakunze kubita akazi ka “Munyurahato” kuko usanga banyura no mu kayira k’abanyamaguru. Bamwe ntibatinya kunyura ku byapa by’umuriro byabahagaritse,...