Football
Raoul Nshungu Haringingo Francis wari umutoza wa Bugesera FC yasezeye kuri iyi mirimo, asiga iyi kipe aharindimuka. Uyu mutoza yasezeye ku bayobozi ba Bugesera...
Hi, what are you looking for?
Raoul Nshungu Haringingo Francis wari umutoza wa Bugesera FC yasezeye kuri iyi mirimo, asiga iyi kipe aharindimuka. Uyu mutoza yasezeye ku bayobozi ba Bugesera...
Panorama Sports Leeds United na Burnley zazamutse muri Premier League nyuma yo kwitwara neza muri Shampiyona y’icyiciro cya 2 mu gihugu cy’u Bwongereza. Leeds...
Panorama Sports Murera ibunyujije mu ibaruwa ndende yatangaje ko nubwo itemera ibyemezo byafashwe na FERWAFA, yahisemo inzira y’amahoro yemeye kuzakina na Mukura Victory Sport...
Panorama Sports APR FC yanganyije na Etincelles ibitego 2-2 yongera guha amahirwe Rayon Sports yo gusubira ku mwanya wa mbere. Impaka zatangiye kuba nyinshi...
Raoul Nshungu Visit Rwanda iri kugaragara hose I Burayi kubera amakipe ya Arsenal na PSG nyuma yaho,aya makipe aboneye itike yo gukina imikino ya...
U Rwanda n’ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Bufaransa, Paris Saint Germain. bavuguruye amasezerano y’ubufatanye muri gahunda izwi nka “Visit Rwanda” kugeza mu mwaka wa...
Pan0rama Umunya-Brazil Roberto Oliveira Goncalves na Mazimpaka André bahagaritswe mu nshingano zabo zo gutoza Gikundiro kugera igihe kitazwi. Kuri iki cyumweru ni bwo hamenyekanye...
Ikipe y’Igihugu “Amavubi” yanganyije na Likuena (Crocodiles) ya Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, wabereye...
Panorama Nyuma y’uko hari abaguze amatike yo kureba umukino wahuje ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi) n’iya Nigeria (Super Eagles) ariko ntibabone uko binjira muri...
Panorama sports Stade Amahoro igiye gutangira gukorasha VAR (Video Assistant Referee). Amakuru agera ku Kinyamakuru Panorama, agaragaza ko kuva mu ntangiriro za Mutarama uyu...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama 2025, ikipe ya Police FC yatandukanye n’Umutoza wayo mukuru Mashami Vincent wari umaze imyaka ibiri n’igice...
B. Nkubiri Robert Manchester United yemeje ko Ruben Amorim w’imyaka 39 ari we wahawe akazi ko kuba umutoza mukuru w’iyi kipe. Uyu mutoza w’umunya-Portugal...
Nyuma yo gusezererwa mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika (CAF Champions League), APR FC yagarutse i...
Guhera ku mugoroba wo ku wa 22 Kanama 2024, ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane urwa X hatambutse ubutumwa bw’Umujyi wa Kigali na FERWAFA buvuga...
Rukundo Eroge Mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (FERWAFA Super Cup) wahuje APR FC na Police FC wabaye ku wa 10...