Amakuru
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Polisi yitabaje urwego rwo kurira igipangu kugira ngo bagere mu rugo rwa...
Hi, what are you looking for?
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Polisi yitabaje urwego rwo kurira igipangu kugira ngo bagere mu rugo rwa...
Amakuru yabyutse acicikana ku mbuga nkoranyambaga yavugaga ko Diane Rwigara Nshimyimana n’umuryango we bari ahantu hatazwi gihera ejo hashize ku wa kabiri tariki ya...
Maj Dr Aimble Rugomwa Mupenzi wari ukurikiranyweho kwica umwana wo mu baturanyi Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo rwamuhanishije gufungwa imyaka icumi (10), kwamburwa impeta...
Urukiko Rukuru rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo Bishop Tom Rwagasana wari Umuvugizi wungirije wa ADEPR, kubera kujya kwivuza kuko afite uburwayi bukomeye. Iki cyemezo...
Ku wa mbere w’iki cyumweru uwitwa Nduwimana André yahamijwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma, rwo mu karere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba, ibyaha birimo kwiyitirira...
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Jeremie Sinamenye wari ufunze guhera tariki ya 21 Nyakanga 2017, byari biteganyijwe ko aburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa...
Amakuru agera ku kinyamakuru Panorama ni uko Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie, kuri aya manywa yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Aya makuru...
Mu gihe u Rwanda rw’itegura amatora ya Perezida wa Repebulika, Abanyarwanda bujuje imyaka yo gutora -18 y’amavuko, bibaruje kandi bari kuri risiti y’itora, bafite...
Despite the government of Rwanda has done a lot to support street vendors leave informal trade, yet, a lot has to be done to...
Kayitasire Egide wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, agasezera ku kazi, yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Nk’uko tubikesha igihe.com, ayo makuru yemejwe...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru, James Kansiime n’abandi bakozi bane b’akarere batawe muri yombi n’inzego za polisi, bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya...
Ubwo Inkiko Gacaca zatangiranga kuburanisha abakoze icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, abireze bakemera icyaha bahawe igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo -TIG....
Kuva mu 2011, abana bato babana n’ababyeyi bafunze n’abavukiye muri Gereza ya Muhanga, bashyiriweho irerero aho bitabwaho mu buryo butuma iyo boherejwe mu miryango...
Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, umuhango wateguwe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa –RCS, byatangajwe ko ingengabitekerezo ya Jenoside mu Rwanda...
Mu magambo aremereye, ku wa 17 Gicurasi 2017, urubanza rwa Dr Kabirima Jean Damascene ushinjwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Rusenge...