Amakuru
Rwanda joined the rest of the world to celebrate the international human right day on December 10, 2017 where various defenders support youth involvement...
Hi, what are you looking for?
Rwanda joined the rest of the world to celebrate the international human right day on December 10, 2017 where various defenders support youth involvement...
Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe abari abasirikare (RDRC), ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2017 yashyikirije ku...
Ni mu masaha y’igicamunsi dusanze Madamu Mukantabana Annonciatha ari mu iduka rye aho akora ibyjyanye no kwambika abageni no kubategurira ahabera ibirori. Ni mu...
Kigali, 13 December 2017 –The Government of Rwanda today released a report by Washington, DC, law firm Cunningham Levy Muse LLP documenting the role...
Kwigira ahantu heza hari isuku n’amafu, umwuka mwiza kandi hatarangwa umukungu ni bimwe mu bifasha abana gukurikira amasomo bahabwa, kandi n’abarezi bagakorera ahantu heza....
The RDRC has conducted a sensitization meeting for vulnerable ex-combatants across the country. The meeting that took four days commenced on 29th, November, 2017...
Ku mugoroba wo ku wa 11 Ukuboza 2017, muri Convention Centre, abayobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu ishinzwe gusezerera no gusubiza busanzwe abari abasirikare, basezeye...
Basomyi namwe bakunzi ba Panorama, Tubanje kubiseguraho kubera ikibazo tekiniki cyatugezeho ku munsi w’ejo bituma mudashobora kugera ku makuru nk’uko bisanzwe. Tubashimiye ukwihangana mwagize....
Abatunze imbwa baributswa gufata ingamba zo kuzirinda kuzerera ku gasozi kugira ngo hirindwe kuba hagira umuntu cyangwa itungo zirya, ndetse no kuba zabangamira ituze...
Abasirikare ba Batayo ya 53 ni bo bagiye gusimbura bagenzi babo ba Batayo ya 37 bamaze igihe cy’umwaka mu butumwa bw’amahoro i Darfur. Nk’uko...
Abanyarwanda bagera kuri 600 n’imiryango yabo baherutse gutaha bava mu mashyamba ya Congo, aho Komisiyo ishinzwe kubasubiza mu buzima busanzwe ivuga ko hari icyizere...
Mu Rwanda ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya icyorezo cya SIDA hanamuritswe uburyo bushya bwo kwipima Virusi itera SIDA aho buri wese ashobora kwipima...
Abahagarariye abikorera mu ntara y’i Burasirazuba baturutse mu Mirenge itandukanye, biyemeje gukorera hamwe mu kwifashisha ikoranabuhanga mu kwishyurana no kubishishikariza ababagana. Ibi babigaragaje ku...
Korali Christus Vincit iririmba cyane cyane mu cyongereza, igizwe n’abaririmbi bagera kuri magana abiri basengera muri Centre Christus i Remera. Mu rwego rwo kugaragaza...
Abagore bo mu karere ka Rubavu bahagurukiye kwibumbira mu matsinda yo kuzigama no kugurizanya ngo biteze imbere. Nk’uko bitangazwa na Ndakengerwa Moise ushinzwe izamurabukungu...