Umutekano
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, bavuga ko bakomeje guhura n’ikibazo cy’ubujura bw’amatungo, bagashinja irondo ry’umwuga rizwi nka Baringa...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Gahunga, Akarere ka Burera, bavuga ko bakomeje guhura n’ikibazo cy’ubujura bw’amatungo, bagashinja irondo ry’umwuga rizwi nka Baringa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yakomeje ibikorwa byo kwegera abaturage hagamijwe gukumira ibyaha, aho kuri uyu wa 27 Gicurasi 2026 yaganirije abakorera...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwongeye gushimangira ko rukomeje gukenera abagore benshi mu mwuga w’ubucungagereza, ruvuga ko umubare w’abawitabira ukiri hasi ugereranyije n’inshingano...
Abanyeshuri 146 basoje amahugurwa y’ibanze abinjiza mu rwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), bahawe amapeti mu muhango wabereye ku Ishuri rya RCS Training School-Rwamagana...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye kurushaho gukorana no kwigira ku mbaraga zabyo mu gushakira ibisubizo...
Abantu 43 bakekwaho gukora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko bahawe izina ry’ikibyibirio “Imparata”, batawe muri yombi mu Murenge wa Kabare, nyuma y’ibirego...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha_RIB, rwahaye abakozi umwambaro ugiye kujya ubaranga mu kazi. Ni umwenda w’akazi, ariko hari abazajya bakora berekana gusa ikarita ibaranga, aho kwambara...