Amateka
Uyu munsi ni ku wa Kabiri tariki 03 Gicurasi 2022 ni umunsi w’123 hakaba hasigaye iminsi 242 ngo umwaka wa 2022 urangire. Bwimwe mu...
Hi, what are you looking for?
Uyu munsi ni ku wa Kabiri tariki 03 Gicurasi 2022 ni umunsi w’123 hakaba hasigaye iminsi 242 ngo umwaka wa 2022 urangire. Bwimwe mu...
Ururimi abahanga barwita indorerwamu y’umuco. Muri iyi myaka abantu batandukanye basigaye bakoresha imvugo cyangwa se inyandiko zihabanye ni uburyo bwanyabyo izo mvugo cyangwa se...
Uyu munsi ni kuwa Mbere tariki 2 Gicurasi 2022 ni umunsi wa 122 mu minsi igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 243 ngo umwaka wa...
Mu mitegekere ya buri gihugu cyangwa buri ngoma, habamo impinduka mu miyoboerere, hakagira bimwe mu bikurwamo n’ibyongerwamo. Nyuma y’inkuru twabagejeho “Impamvu amwe mu mazina...
Amateka y’u Rwanda agaragaza ko abami bose b’u Rwanda bakomokaga mu muryango umwe wo mu bwoko bw’abanyiginya. Iyo umwami yatangaga yagombaga gusimburwa n’umuhungu we,...
Nyirankunengwa na musaza we Munungu bakomoka mu Nyantango ya Muterahejuru, bagiriye murumuna Nyamishaba inama nziza yo kwita kubwanditsi bw’ibitabo, bagashimangira amateka nyayo akunze kwitwa...
Bamwe mu rubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye atandukanye, yo mu Karere ka Gisagara, biyemeje gusigasira Umuco Nyarwanda, birinda kuvuga bavangavanga Ikinyarwanda n’izindi ndimi z’amahanga....
Mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa gatatu, guhera tariki ya 1 kugeza ku ya 3 u Rwanda ruzakira ku nshuro ya mbere ihuriro mpuzamahanga ry’Abanditsi b’ibitabo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yasabye ababyeyi n’abarezi gukomera ku rurimi gakondo, ururimi kavukire. Yabigarutseho ubwo hizihizwaga umunsi wahariwe ururimi...
Inteko y’Umuco yasabye abanyamakuru gutanga umusanzu, mu guteza imbere Ururimi rw’Ikinyarwanda, birinda gukoresha zimwe mu mvugo zirugoreka. Ni mu kiganiro Uwiringiyimana Jean Claude, umuyobozi...
Abanditsi b’ibitabo mu Rwanda barasaba ababyeyi ko bajya bategura amarushanwa yo gusoma mu miryango cyangwa iwabo mu rugo hagati y’abana nk’uburyo bwo kwimakaza umuco...
Ubu ni ubutumwa Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yageneye urubyiruko, kuri uyu Munsi w’Intwari wizihijwe habaho igikorwa cyo kunamira ababaye Intwari z’u Rwanda. Mu muhango...