Abantu
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Hi, what are you looking for?
«Kwandika igitabo ku rugendo rw’ubuzima bwanjye kuva mvutse no ku nzira y’umusaraba nanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’imibereho yanjye nyuma, ni kimwe mu...
Ntibisanzwe bimenyerewe ko abanditsi b’Abanyarwanda bibanda ku nkuru zishushanyije zivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Umunyamuziki yahisemo kunyuza inganzo ye mu ndirimbo ariko...
Panorama Ubuvanganzo nyemvugo ni kimwe mu bice by’ikinyarwanda byatangiye kugira intege nke, bigera aho bamwe batangira kubukerensa babukoresha uko bitagombye, bikaba bimwe mu byambura...
Ni koko reka batwite ko, bamwe ntibazi n’igisobanuro cyimbitse cyaryo. Guhirimbira si ugukena ku mufuka, cyangwa kugira inzara imbere y’imbavu. Guhirimbira hiyongeraho no kubura...
Kubungabunga umuco n’ibimenyetso ndangamateka y’u Rwanda bizagerwaho abo bireba bose babigizemo uruhare, kandi hakaba ubufatanye bw’inzego zose no guhuza amaboko kw’imiryango itegamiye kuri Leta...
Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Ethiopia, bahuriye mu birori byo kwizihiza umunsi w’Umuganura, ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 2 Nzeri 2017. Uwo muhango...
“Tugomba kubakira ku muco wacu kugira ngo tugere ku iterambere rirambye. Umunsi w’umuganira ni umwanya wo kwishimira ibyagezweho bijyanye n’aho ibihe bigeze.” Ibi byagarutsweho...
Ikinyarwanda ni ururimi rukoreshwa n’abanyarwanda benshi mu byiciro bya serivisi zidatukanye haba mu buyobozi, mu mashuri, mu bugeni, mu bucuruzi no mu nganda kandi...
Abanyamakuru batungwa agatoki kenshi ku kuba batagaragaraza ubunyamwuga mu nkuru zijyanye n’amatora, akaba ari muri urwo rwego Umuryango uharanira Iterambere ry’Itangazamakuru (MIC: Media Impacting...
Imiryango itegamiye kuri za Leta iharanira uburenganzira bw’abagore n’ihame ry’uburinganire muri Afurika, iteraniye mu nama rusange y’iminsi itatu ibera muri Kenya, irasaba ibihugu byabo...
Kubona amakuru yerekeye abantu bafite ubumuga, amatangazo ku bikorwa biteganywa, amaserivisi y’abafatanyabikorwa, ibikubiye mu mishinga yaba iya kera n’iteganyijwe n’abafatanyabikorwa ni ibyo ushobora kugeraho...