AMATORA 2017
Abaturage bo mu murenge wa Gatsata, by’umwihariko abanyamuryango ba FPR Inkotanyi, bishimira ko imiyoborere myiza yatumye bivana mu bukene, aho Perezida Paul Kagame yigishije...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu murenge wa Gatsata, by’umwihariko abanyamuryango ba FPR Inkotanyi, bishimira ko imiyoborere myiza yatumye bivana mu bukene, aho Perezida Paul Kagame yigishije...
Kuri iki gicamunsi, tariki ya 14 Nyakanga 2017, nyuma yo gusura abaturage b’Akarere ka Ruhango, Perezida Paul Kagame, umukandida wa FPR Inkotanyi yagamiriye n’abaturage...
Umukandida wa FPR Inkotanyi, Nyakubahwa Paul Kagame, ku munsi wa mbere wo kwiyamamaza, ari mu karere ka Ruhango yashimiye amashyaka abashyigikiye arimo PSD, PL,...
Ni kuri uyu wa gatanu tariki 14/07/2017 aho kwiyamamaza kw’abakandida bahatanira kuyobora u Rwanda byatangiye mu gihugu hose. Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame,...
Mu gihe hasigaye umunsi umwe wonyine ngo gahunda yo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika itangire, Umuryango FPR Inkotanyi utangaza ko ibikorwa byaba...
Hasigaye iminsi itatu gusa, ku wa 14 Nyakanga 2017, abahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika bagatangira gusobanurira rubanda imigabo n’imigambi yabo kugira ngo bazabahundagazeho...
None kuwa Gatanu, tariki ya 30 Kamena 2017, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. Inama...
Mu kuganiro n’abanyamakuru, Shima Diane Rwigara umugore umwe wamaze gutanga ibyangombwa muri Komisiyo y’Amatora nk’ushaka kuzahatanira kuyobora igihugu, yavuze ko atazi icyo Komisiyo yshingiyeho...
Diane Shima Rwigara avuga ko yababajwe no kubona abagore bose baba abari mu nzego zifata ibyemezo ndetse n’izirengera abagore, nta n’umwe wavuze ku busa...
Ku manywa yo kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kamena 2017, saa sita n’igice (12:30), Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagejeje kuri Komisiyo...
Mpayimana Philippe, umwe mu bakandida bigenga bahatanira umwanya wa Perezida wa Repubulika, kuri uyu wa kabiri tariki ya 22 Kamena ahagana mu ma saa...
Diane Shima Rwigara says Tuesday, 20 June 2017, that the political system has to change to improve the economic sector giving an example that...
Moise Bokasa, umukozi wa Komisiyo y’igihugu y’amatora yabitangaje ubwo yaganiraga n’abanyamakuru b’abagore bari mu mahugurwa y’amatora ya Perezida wa Repeburika, aho yagarutse ku byo...
Ishyaka riharanira iterambere n’ubusabane –PPC, ku Cyumweru tariki ya 18 Kamena 2017, ryateye ikirenge mu cyandi mashyaka yahataniye umwanya wa Perezida wa Repubulika mu...
Abagore bakora umwuga w’itangazamakuru, barahabwa amasomo y’ikarishyabwenge ku myitwarire mu matora, aho basabwa gukora inkuru birinda amarangamutima. Ibi byagarutsweho n’Umunyababanga Nshingabikorwa w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura...