Amakuru
Abanditsi benshi, ari Abihayimana ndetse n’abakoloni, banditse ku buhake, kandi aba bose babusobanura ku buryo butandukanye. Bamwe babusonura nk’igikoresho Abatutsi bifashishije kugira ngo bahindure...
Hi, what are you looking for?
Abanditsi benshi, ari Abihayimana ndetse n’abakoloni, banditse ku buhake, kandi aba bose babusobanura ku buryo butandukanye. Bamwe babusonura nk’igikoresho Abatutsi bifashishije kugira ngo bahindure...
Uyu mugani baca ngo: “yakoze iyo bwabage”, cyangwa yakoze aho bwabaga, bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga babona ananiwe icyo yahoraga ashobora...
Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we...
Mu gihe buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama buri mwaka, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari...
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse...
Ku ngoma y’umwami Yuhi wa V Musinga wayoboye u Rwanda ahagana mu 1883 -1944 agace ka Gitwe kari mu Murenge wa Bweramana mu Karere...
Uyu mugani bawucira ku muntu ukunda kugira umururumba aririra utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite n’iyo byamusagiranye; ni bwo bavugaga bati “Ingwize yishe Ntango”. Wakomotse kuri...
Mu buzima bw’umuntu bwa buri munsi, akenera inshuti baganira bakajya inama. Akenera kugura ikintu kimuneza, kimukemurira ibibazo, kimuteza imbere ndetse kinamwubaka. Iyo usoma igitabo...
Hashingiwe ku mabwiriza ya Guverinoma agamije gukumira icyorezo cya Koronavirusi, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) ivuga ko habaye impinduka ebyiri mu mabwiriza yo Kwibuka...
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Nyuma y’inkuru yasohotse mu Mvaho Nshya no muri Panorama, Profesa Malonga yibaza ndetse agaragaza ko mu Rwanda ibyo gukora ibirori by’ubukwe inshuro nyinshi harimo...
Hashize umwaka ikigo cy’amashuri y’imyuga cya ESECOM (Ecole secondaire communautaire de Rucano) giherereye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero, cyatangije igicumbi cy’umuco...
Pour faire face au commerce informel et ambulant dans le secteur administratif de Kinyinya, District de Gasabo, Ville de Kigali, la population locale a...