Amakuru
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe batarasubira mu ishuri bashishikarijwe kujya kwiga. Ubu bukangurambaga bwabereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, muri gahunda...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe batarasubira mu ishuri bashishikarijwe kujya kwiga. Ubu bukangurambaga bwabereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, muri gahunda...
Nyuma y’imyaka 2 adakora igitaramo, Senderi Eric uzwi nka “Legend Hit” yongeye gususurutsa abakunzi anashimangira ko ibikorwa bye bimugira umunyabigwi nkuko izina rye ribivuga....
Abanyamadini n’amatorero bo mu karere ka Nyamagabe biyemeje kugira uruhare mu kubakira imiryango 66 idafite aho iba. Ibi babitangaje nyuma yo kugaragarizwa ibibazo bikibangamiye...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana Mbonyumuvunyi Radjab aranenga ababyeyi bakingirana mu nzu ufite ubumuga, abasaba guhindura iyo myumvire. Ibi byatangajwe ubwo hasozwaga icyumweru cyahariwe ubukangurambaga...
Mu karere ka Ruhango mu mirenge yose hatangijwe gahunda yiswe Umurenge mu kagari. Igamije kwegereza abatura serivisi zose zitangwa n’umurenge. Ubwo iki gikorwa cyatangizwaga...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko ibiganiro byateguwe guhuriza abayobozi b’u Burusiya n’aba Ukraine bizaba nta yandi mananiza abayeho. Ibyo biganiro byitezwe kubera...
Guhera tariki ya 6 kugeza ku ya 16 Kamena 2022, i Kigali hitezwe kubera inama mpuzamahanga izaba yiga ku iterambere ry’itumanaho ku Isi hagamijwe...
Ku mukino wahuzaga Kiyovu sport na Gicumbi fc, UmunyaPortugal Jorge Paixao utoza ikipe ya Rayons sport yangiwe kwinjira kuri Stade atishyuye ahitamo gutaha aho...
Abantu batatu bo mu Karere ka Kayonza nibo bafashwe na Polisi ikorera muri aka Karere, bafashwe ku wa Gatandatu tariki ya 26 Gashyantare bafatirwa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rutangaza ko hejuru yo gusambanya abana hari n’ibindi bikorwa bibakorerwa bifatwa nk’ihohotera kandi bigenda bigaragara henshi. Mu Rwanda, hari abantu...
Mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa gatatu, guhera tariki ya 1 kugeza ku ya 3 u Rwanda ruzakira ku nshuro ya mbere ihuriro mpuzamahanga ry’Abanditsi b’ibitabo...
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi Kayisire Marie Solange yasabye uturere gukora ubugenzuzi harebwa inzu zishobora kwibasirwa n’ibiza kugira ngo hafatwe ingamba kare. Yabitangaje mu nama ku...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yashyizeho itegeko ribuza abagabo bari hagati y’imyaka 18 na 60 guhunga, mu gihe Igihugu cye gikomeje guhangana n’ibitero karundura...
Utugari two mu mujyi wa Rubavu tugiye guhabwa moto zizafasha ubuyobozi mu guhangana na magendu n’ubujura. Ubwo iki gikorwa cyatangizwaga hatangwa moto ya mbere,...
Imvura nyinshi yaguye ku mugoroba, yatwaye ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Runda na Rugarika mu karere ka Kamonyi, bikaba byahagaritse imigenderanire. Bamwe mu baturage bakoreshaga...